Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
PRESELECTION REPORT /RBA BOARD CANDIDATES ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga itegura ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abitabiriye iyi nama bakaba bahurije ku kuba ibikorwa byo kwibuka bigomba ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko nta mwanya w'intege nke n'imyitwarire idahwitse mu nshingano bityo ko ari ngombwa ko abazigiyemo bakwiye kumva ko umuturage akwiye kubaho yizeye ...
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n'Umunyamakuru wifashisha urubuga rwa X, Mario Nawfal, yagarutse ku nzira asanga zakemura ibibazo by’umutekano muke mu Karere, ku ikoreshwa ry’inkunga ihabwa ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Perezida Paul Kagame uri muri Ghana, yifatanyije n'abatuye iki Gihugu ndetse n'abandi banyacyubahiro, mu birori by’irahira rya Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama ndetse na Visi ...
Abanye-Congo bari barahunze intambara imaze iminsi ihuza M23 n'Ingabo za DRC, FARDC, Umutwe w'Iterabwoba wa FDLR na Wazalendo, batangiye gusubira mu gihugu cyabo. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...